Ubuyobozi bwa SAINT MARIA MONTESSORI SCHOOL buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko
bufite imyanya yo kwigisha mu mashuri abanza. Abifuza gupiganira yo myanya bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:

  1. Kuba ari umunyarwanda.
  2. Kumunyamahanga agomba kuba afite equivalence.
  3. Kuba yarize uburezi (sciences and mathematics, languages)
  4. Kubize general education (Languages, MEG, MPG, MCB, MCE)
  5. Kuba yemera gukorera cyangwa gutura mu karere ka RUBAVU.
  6. Kuba ashobora kwigisha mu mashuri abanza yose.
  7. Kuba afite indangagaciro za kinyamwuga.
  8. Kuba ashobora kuvuga, kwandika, no gusoma icyongereza, ikinyarwanda neza. Abaye azi n’igifaransa byaba ari byiza.
  9. Kuba ashobora gukorera ku mashami yose ya Saint Maria Montessori School.
    Ubuyobozi buramenyesha ababyifuza kuzana dosiye zabo ku kicyaro cy’ishuri i RUBAVU bitarenze tariki ya 23/08/2024 saa
    kumi n’imwe z’umugoroba cyangwa dosiye ikanyuzwa kuri email yatanzwe haruguru. Itariki ikizamini kizakorerwaho
    muzayimenyeshwa.
    Dosiye isaba akazi igomba kuba ifite ibi bikurikira.
     Ibaruwa isaba akazi yandikiwe umuyobozi w’ishuri.
     Fotokopi y’impamyabushobozi.
     Umwirondoro ( CV ).
     Fotokopi y’indangamuntu.
    Bikorewe i Rubavu, ku wa 10 / 08 / 2024.
    Umuyobozi w’ishuri rya Saint Maria Montessori School.
    IRADUKUNDA Pacifique

JOIN OUR WHATSAPP COMMUNITY:

https://chat.whatsapp.com/K3VKiwrHWs972qUAkuojGW

 Whatsapp Channel:

https://whatsapp.com/channel/0029VaiMgtN7YScy8OHyoI20

JOIN OUR WHATSAPP GROUP:

https://chat.whatsapp.com/I4QLanFQ1rU532nZywWlZ9

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here