EGLISE EVANGELIQUE DES AMIS AU RWANDA (EEAR)
C.G.F.B
INTARA Y’AMAJYARUGURU
AKARERE KA BURERA
UMURENGE WA BUTARO
COLLEGE GEORGE FOX DE BUTARO TVET SCHOOL
TEL: 0785100023 / 0783178759
EMAIL: cgfbeeartvet@yahoo.com
ITANGAZO RY’AKZI
Ubuyobozi bwa COLLEGE GEORGE FOX DE BUTARO TSS buramenyesha abantu bose babifitiye ubushobozi ko hari imyanya yo kwigisha mu ishami rya computer system and architecture.
Usaba uwo mwanya agomba kuba yujuje ibi bikurikira:
- Kuba ari umunyarwanda/kazi
- Kuba yarize computer science, electronics cyangwa ibindi bisanabyo muri secondaire
- Kuba afite A1 cyangwa A0 muri ICT, IT, Computer Science.
Dosiye isaba akazi igizwe na photokopi y’indangamuntu, cv, na photokopiE ya diplome bigomba kuba byagizwe mubunyamabanga bw’ishuri cyangwa bikoherezwa kuri email cgfbeeartvet@yahoo.com bitarenze kuwa gatanu taliki 20/09/2024 saa kumi n’imwe z’umugoroba.
NB Abazaba bujuje ibisabwa(shortlisted candidates) bazakora ikizamini kuwa mbere taliki ya 23/09/2024 saa tatu za mu gitondo.
Bikorewe i butaro kuwa 17/09/2024
UMUYOBOZI WA COLLEGE GEORGE FOX
HABUMUREMYI INNOCENT
(Signed and stamped)
JOIN OUR WHATSAPP COMMUNITY:
https://chat.whatsapp.com/K3VKiwrHWs972qUAkuojGW
Whatsapp Channel:
https://whatsapp.com/channel/0029VaiMgtN7YScy8OHyoI20
JOIN OUR WHATSAPP GROUP:
https://chat.whatsapp.com/I4QLanFQ1rU532nZywWlZ9